Ivyahora mu yandi madini vyamaze gushika mw'idini ry'abisilamu, ivya navyo n'ubugeni bw'abahuje ibitsina nkuko tubishikizwa nikinyamakuru nyarwanda (http://rwandaflava.com). amakuru dukesha ico kinyaakuru avuga ko abagore babairi basanzwe baba mu gihugu ca Sweden neza neza muri Stockolm bafashe ingingo yo kubana nk'umugore n'umugabo inyuma y'imyaka icenda bakundana.
Ubugeni bwabo bukaba bwahezagiwe na IMAM Mohamed Zahed akomoka mu gihugu ca Algerie ariko akaba asanzwe muri kino gihe akaba aba muriAfrica y'epfo. uwo mu Imam akaba nawe nyene asanzwe aryamana n'abo bisangiye ibitsina.
Nkuko ico kinyamakuru kibandanya kibivuga ngo mu gihe yariko arabahezagira yagize ati :<< murakoze guhitamo kubana nk’umugore n’umugabo. ni ubukwe bwiza kandi Allah akomeze abibafashemo >>
Source: Rwandaflava
yuma y’uko mu minsi ishize umuhanzi Jay Polly ashyize ahagaragara imipira agurisha ku bafana be, ubu noneho byahindutse yiyemeje kwambika abafana be kubuntu kuko ngo nawe ibyo bamukoreye birenze kure igiciro cy’iyo mipira, ubu abafana bose b’uyu muraperi bakaba bahawe ikaze ngo bajye kwifatira imyenda ku buntu.
Mu kiganiro inyarwanda.m yagiranye na Jay Polly, yadutangarije ko ubundi iyi mipira iriho ifoto ye yari yashyizwe ku isoko ngo abafana bayigure bajye bayambara ariko by’umwihariko bazayambare ku munsi wo gusoza irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku itariki 30 aho uyu muhanzi yifuza ko abafana be bazaba basa ukwabo, gusa ubu noneho ibyo kugurisha we n’itsinda ry’inzu akoreramo ibikorwa bye bya muzika izwi nka Touch Record bakaba bafashe icyemezo cyo kubireka bakayitangira ubuntu.
Mbere igiciro cy’iyi myenda cyari amafaranga y’u Rwanda 5000 ariko Jay Polly aza gutekereza asanga hari abafana batayabona biboroheye kandi ikindi ngo ibyo bagiye bamukorera birenze kure ayo mafaranga bityo ngo nawe agomba kubaha iyi mipira ku buntu bakazajya kuri sitade Amahoro kuri uyu wa gatandatu bagaragaza umwihariko.
Kugeza ubu iyi myenda abafana ba Jay Polly bayishaka barimo kujya ahakorera Studio ya Touch Record i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali, ariko ubwinshi bw’abafana b’uyu muhanzi bwatumye atekereza ko kuyitangira ubuntu bizatuma imubana micye kuburyo ubu yamaze gutumiza indi ku mugabane wa Asiya, ikaba izahagera kuwa kane bityo kuwa gatandatu ikazaba yambawe n’abafana be benshi cyane.
Jay Polly yiyemeje guha abafaba be imyenda iriho ifoto ye ku buntu
Jay Polly kandi avuga ko ibizaba kuri uyu wa gatandatu atabiziho byinshi ariko icyo azi kimwe cyo kikaba ari uko azahabwa iki gihembo gikuru cy’irushanwa maze akakizamura abafana be bakishimana, imyiteguro uyu muraperi arimo gukora ubu akaba yemeza ko ihambaye kuburyo azabashimisha cyane kuri uyu munsi udasanzwe kuri we.
- See more at: http://rwandaflava.com/news/page/56495/ibintu-byahindutse-jay-polly-yisubiyeho-yiyemeza-gutangira-kwambika-abafana-be-ku-buntu#sthash.HZI2N6qw.dpuf
No comments:
Post a Comment